203_IMIHINDAGURIKIRE_Y_IKIRERE_N_ISABATO.
Siyanse_izageza_abantu_gute_ku_itegeko_ry_icyumweru
9
views
1. IHEREZO RY'AMATEKA Y'ISI RIRI BUGUFI -WALTER VEITH
Dusatiriye iherezo ry’amateka y’iyi si, kandi Satani arakora cyane kuruta
mbere hose. Arihatira kuyobora isi ya gikristo yose. Mu muvuduko ukangaranije, arakora
ibitangaje ngo abiyobeshe abantu. Satani yagaragajwe nk’intare yivuga izerera ishaka uwo
yaconshomera. Arifuza kwigarurira isi yose ngo ayinjize mu ishyirahamwe rye. Ahisha
ubuhindugembe bwe munsi y’umwambaro wa gikristo, akigaragaza nk’umukristo, ndetse
akiyita Kristo ubwe. –8MR 346 (1901).
10
views
IFARASHI Y'IGITARE_ IMFU, INZARA N'INTAMBARA_ Pr Emmanuel Nougaisse
Inzira ijya mu ijuru ifunganiye cyane abashaka kuyigendanamo isumbwe n’ubutunzi,
ifunganiye cyane abibereye mu mukino wo kurarikira, irahanamye cyane kandi igoye
kugendwamo n’abashaka ubuzima buboroheye kugira ngo bayizamuke. Kwiyuha akuya,
kwihangana, kwitanga, gukwenwa, ubukene, umurimo umugoye, kwihanginira kurwanywa
n’abanyabyaha, uwo ni wo wari umugabane wa Kristo kandi ni nawo ugomba kuba
umugabane w’umuntu niba ajya muri Paradizo y’Imana. {UB2 130.1}
2
views
IHINDUTSE ICUMBI RY'ABADAYIMONI, PAPA ARANENGA KWIZERA BIBIRIYA NO KUBWIRIZA UBU
Icyo Imana ishinja Babuloni ni uko ari yo « yateretse amahanga yose inzoga z’iruba ry’ubusambanyi
bwayo. » (Ibyahishuwe 14:8).
13
views
UMWIJIMA W'ICURABURINDI MU BAYOBOZI B'ABADIVANTISTE B'UMUNSI WA KARINDWI -WALTER
Niba harigeze kubaho igihe gutekereza byimbitse byari bikwiriye buri wese mu bubaha Imana, icyo
gihe ni iki, ari na cyo gihe kwera kwa buri wese ku giti cye ari ingenzi. Hakagombye kwibazwa ngo “Ndi igiki?
Inshingano yanjye n’umurimo wanjye ni ibihe muri iki gihe kidasanzwe? Mbese ndi gukorana na nde : ni Kristo ?
Cyangwa ni Umwanzi?” Buri mutima niwicishe bugufi imbere y’Imana, kuko iki gihe tugezemo ari igihe cy’umunsi
ukomeye w’ihongerero. Kandi ni na bwo ibya benshi biri gusuzumirwa imbere y’Imana, kuko basigaje agahe gato
ko kuguma mu mva zabo. Aho ubwishingizi bwanyu nyakuri bushingiye, si ukwizera mugaragara ko mufite, ahubwo
ni ku miterere y’ibyo mukunda. Mbese aho urusengero rwo mu mutima rwejejweho imyanda yarwo? Mbese ibyaha
byanjye byaratuwe kandi naba narabyihannye imbere y’Imana kugira ngo bihanagurwe? Mbese aho naba nicira
urunkwiriye? Mbese naba niteguye kwitambaho igitambo icyo ari cyo cyose ndetse n’ibitambo byose ku bwo
kumenya neza Yesu Kristo? Mbese aho buri gihe niyumvisha ko ntari uwanjye bwite, ahubwo ko ndi umutungo
w’Umwami, ko umurimo nkora ari uw’Imana nkaba ndi uwayo wese? –Ms 87 (1886).
4
views
Ukuri Gutangaje Kubiri Mu Nkingo {Mercure, MSG, Formaldehyde,}
Abaganga bazageragezwa maze kwizera kwabo kurohame . Abanyamategeko , abacamanza n'abasenateri , bazamungwa na ruswa biyegurire kwakira impongano , baziyemeza kugurwa no kugurishwa . - Manuscript 154 , 1898 .
Ubutumwa Bwatoranyijwe vol 3 p.350
960
views
1
comment
KUGENZURA ABANTU MU KUGURA NO KUGURISHA_ IRANGAMUNTU N'IFARANGA DIGITAL
Rero mu gihe runaka, “ikimenyetso cy‟inyamaswa” kizahatirwa abantu, kandi umuntu
wese uzanga kukiramya azicwa. Ese icyo kimenyetso ni ikihe? Hari ubwami bubiri
bwagaragajwe mu Byahishuwe 13: bumwe ni ubwami bw‟inyamaswa yaturutse mu Nyanja
(umurongo wa 1 kugeza ku wa 8), ubundi ni ubwami bwaturutse ku butaka (umurongo wa 11
kugeza ku wa 18). Inyamaswa yatututse mu nyanja igaragara nk‟iyayoboye igihe kingana
n‟amezi 42 (umurongo wa 5). Iki ni gihe kigaragaza ubuyobozi bw‟agahembe gato, bisobanura
ko inyamaswa ya mbere yo mu Byahishuwe 13 nta yindi itari kiriziya y‟ubupapa. Yayoboye mu
gihe cy‟imyaka 1,260, cyangwa se amezi 42 y‟ubuhanuzi, kugeza igihe yagiriye uruguma rwica
mu mwaka wa 1798 mu mpinduramatwara y‟abafaransa. Ariko Bibiliya ivuga ko uruguma rwica
rugomba gukira, bisobanura ko kiriziya izongera ikagira imbaraga ku isi yose. Ibyo turimo
turabibona uyu munsi.
22
views
Akarengane Gatewe N‟ishyirwa Mu Bikorwa Ry‟itegeko Ry‟Icyumweru.by N.Aimable
561. Hifashishijwe ibinyoma bibiri bikomeye, ari byo kudapfa kwa roho n’ikiruhuko cyo ku cyumweru, Satani azashōra rubanda mu mitego ye. Icyo kudapfa kwa roho gishyiraho imfatiro zo gusenga abazimu (imyuka y’abapfuye), naho ikiruhuko cyo ku cyumweru cyo kigashyiraho isano y’igikundiro ihuza abantu na Roma. –GC 588 (1911) – TS 637.
181
views
INTWARO ZITWAJE UBUZIMA, GAHUNDA YA 2027 NO KUGENZURWA GUKOMEYE -WALTER VEITH
Ni muri ubwo buryo amategeko y’icyumweru yerekanwa ameze nk’ibyemezo byo
kwitungira amagara no kutugirira neza, mu gihe bahisha ingaruka nyakuri zayo
19
views
INKUBIRI YO GUSHYIRAHO ITEGEKO RY'ICYUMWERU IGEZE KU MUSOZO
Akaga kerekeranye no kubahiriza umunsi wa mbere w’icyumweru kari
hafi kuza…
Uruhande rw’abizihiza umunsi wa mbere ruragenda rwikomeza mu kwigamba
ibinyoma, kandi bizaba bisobanuye akarengane ku bantu baziyemeza kubahiriza
Isabato y’Uhoraho. Tugomba kuba aho dushobora kubahiriza itegeko ry’Isabato
uko ryakabaye ryose. Uhoraho aravuga ati, «Mu minsi itandatu ujye ukora, abe
ari yo ukoreramo imirimo yawe yose, ariko uwa karindwi ni wo sabato
y’Uwiteka Imana yawe. Ntukagire umurimo wose uwukoraho » (Kuva 20 :9,10).
Kandi tugomba gushishoza kugira ngo tutishyira aho kubahiriza Isabato
bizadukomerera twe n’abana bacu.
77
views
IFARANGA RYA ELECTRONIC & EZEKIYELI 8;9 _ ABAYOBOZI BAYOBYA
Iki si igihe cyo guterwa isoni no kwizera kwacu. kuko twahindutse ibishungēro by’ab’isi n’iby’abamarayika n’abantu. Isanzure ryose riri twitegerezanya amatsiko ibirakurikira, ngo rirebe iherezo ry’intambara ikomeye hagati ya kristo na satani. Mu igihe nkiki, igihe urubanza ku bazima rwatangiye, twakwemerera ibikorwa bitejejwe gufata umwanya mu mitima yacu? Niki cyaba kiza kuri twe kitari ugusangwa turi abiringirwa n’abanyakuri imbere y’Imana yo mu ijuru?
~5 Testimonies 526~
6
views
IGISHUSHANYO CY'INYAMANSWA! -Pastor IVOR MYERS
Ubwo amatorero akomeye yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu guhuriza ku rufatiro
rw’inyigisho bahurijeho, bazemeza Leta kugira ngo hashyirweho amategeko y’agahato no gushyigikira amategeko
yabo, noneho ubwo ni bwo Ubuprotestanti bwo muri Amerika buzaba bukoze igishushanyo cy’inzego z’ubuyobozi
bw’i Roma, kandi abazanyuranya n’ayo mategeko bazahanwa n’ubutegetsi bwa Leta nta kabuza…
14
views
IMIBUMBE MININI Y'UMURIRO IGIYE KWITURA KU ISI, INTAMBARA NSHYA Y'UBUTITA, NA HE
yerekwa Ryerekeye Ukurimbuka G uko me ye. Ku wa Gatandatu
w'Isabato mu gitondo, mbere y’uko mbyuka, neretswe ibintu bitangaje,
Nabaye nk*ubyutse3rikn ahandi hantu hatari iwacu. Nagiye kubona mbona
umuriro mwinshL Nabonye ibishashi by’umurimo binini bigwa ku mazu>
maze kuri ibyo bishashi hashibukamo imyambi igurukana ibalcwe yakwiriye
imishwaro. Nta muntu wari gushobora kubara ngo amenye umubare
w’imiriro yakiye icyarimwe, icyo gibe mbona ahantu hensiii hafashwe
n’inkongi y’umuriro ugurumana, ibintu byose birakongoka. Abantu
bamarwa rfubwoba* ulabasha gusobanurira abandi, Hashize akanya
ndakanguka, mbona ndi iwanjye.J1
5
views
Urukingo n'Amahame agenga Ubuzima igice cya 2 || Urukingo n'Amaraso.
Urukingo n'Amahame agenga Ubuzima igice cya 2 || Urukingo n'Amaraso.
1
view
URUKINGO N’AMAHAME AGENGA UBUZIMA || Igice cya mbere 1
URUKINGO N’AMAHAME AGENGA UBUZIMA || Igice cya mbere 1
2
views
Ubwami Bw'Imana Buri Hafi.NYIRINKINDI Aimable
UBWAMI BW’IMANA BUREGEREJE
“Yesu ajya muri Galileya yamamaza Ubutumwa bwiza bw’Imana agira ati, ‘Igihe kirageze,
ubwami bw’Imana buregereje. Nimwihane maze mwemere Ubutumwa bwiza.’” Mariko
1:14, 15
19
views
Urufatiro rw'Ukuri. NYIRINKINDI M. Aimable
Ubutumwa bwa Malayika wa gatatu ni ukwamamaza amategeko y’Imana no kwizera kwa Yesu.
Amategeko y’Imana yarabwirijwe, ariko kwizera kwa Yesu Kristo ntikwigeze kubwirizwa
n’Abadventiste b’umunsi wa Karindwi nk’uko babwirije amategeko; amategeko n’ubutumwa
bwiza bigomba kugendana. Ntabwo nabona ururimi rwatuma nsobanura iyi ngingo mu mwuzuro
wayo.” Ubutumwa bwatoranyijwe, vol 3, p. 172.3
3
views
GUTEGEREZA .NYIRINKINDI Aimable
kwihangana n'imbuto y'Umwuka Wera.mu gihe dufite iyi mbuto y'Umwuka Wera tuzabasha gushikama mu gihe cyo gutegereza.
Ijoro rishyize kera ry’agahinda ribereye abantu ikigeragezo, nyamara kandi igitondo cyakererejwe
n’imbabazi z’Imana, bitewe n’uko, iyo Databuja aza, yari gusanga abenshi batiteguye. –2T, 194
1
view
Mwegere Imana NA Yo Izabegera ariko murwanye satani nawe azabahunga. N.M.Aimable
Isi irakoreshwa n’imbaraga zihungabanya kandi zikomeye mu buryo butigeze bubaho. Haba mu myidagaduro, mu gushaka ifaranga, mu kurwanira ubutegetsi no mu ntambara yo kurwanira kubaho, usangamo imbaraga iteye ubwoba yatwaye ubushobozi bwose, bwaba ubw’umubiri, ubw’ubwenge n’umutima. Imana iravugira hagati muri ubwo buzima bwo gutanguranwa wagira ngo ni ibisazi. Imana itubwira kujya ahiherereye maze tugasabana na Yo. Iravuga iti: “Nimworoshye mumenye ko ari jye Mana.” Zaburi 46:11.Uburezi 271
2
views
NTIMUKURIKIRE IZO MPUMYI Z'ABAYOBOZI by,URIHO Samuel
Mu bihe bitari bimwe Imana yakomeje kumenyesha
abantu ubutumwa buhwanye n’igihe bagezemo. Ukuri
kwahishwe abanyabwenge bo mu isi, kumenyeshwa
abicisba bugufi. Iyo umurimo ugitangira urwanywa na
benshi, ukinjirwamo na bake. Ab’isi barabasuzugura
bakabakerensa. Ibuka igitekerezo cya Yohana Mubatiza
ahagaze wenyine acyaha kwirata kw’ishyanga ry’Abayuda.
Ibuka uburyo umurimo w’abakozi b’amahema babiri, Paulo
na Sila wakerenshejwe ubwo bashakaga kwambukira mu
bwato bava i Tiroa bajya i Filipi kuvuga ubutumwa mu
Burayi. Reba "Paulo umusaza" Filimoni 9, ari mu
minyururu afungiwe mu bihome byo kwa Kayisari. Reba
imbata n’abakene baremerewe n’agahato k’ubutegetsi
bw’Abaroma. Reba Luteri ari mu ruhando n’itorero
33
ry’ikigogoro ku isi ryizera ko rifite ukuri n’ubwenge, ariko
agahangara kuvuga ati, "Dore mpagaze hano; nta cyo
mbasha guhindura. Mana nyifashiriza." Reba Wesili
(Wesley) abwiriza gukiranuka kwa Kristo mu gihe itorero
ryahakanaga Imana, n’ abantu ari abakristo ku izina kandi
bakunda ibinezeza by’isi.
Abayobozi bakomeye muri iki gihe bashimira cyane
ababibye imbuto z’ukuri mu myaka amagana ishize.
Nyamara se muri iki gihe ntihariho benshi badindiza uko
kuri bakanga ko gukura ngo gusagambe! Nk’uko byari biri
mu bihe bya kera, ubutumwa bw’ukuri bukwiranye n’iki
gihe tugezemo ntibuboneka mu nzego nkuru z’idini,
ahubwo bwamamazwa n’abagabo n’abagore baciye bugufi;
batize cyane ariko bakaba bizera ijambo ry’Imana.
"Ahubwo Imana yatoranije abaswa bo mu isi ngo
ikoze isoni abanyabwenge: kandi yatoranije ibinyantegenke
byo mu isi, ngo ikoze isoni ibikomeye, kugira ngo kwizera
kwanyu kudahagararira ku bwenge bw’abantu, ahubwo mu
mbaraga z’ Imana." 1 Abakor. 1:27; 2:5.
18
views
Amateka Ya Martin Luther no Gutsindishirizwa || Abajezuwite n'inyigisho z'Imyuka n'Ibimenyetso
#Umukiranutsi #Azabeshwaho #NoKwizera
"Azahagurutsa ingabo ze zonone ubuturo bwera n'igihome, bakureho igitambo gihoraho bashyireho ikizira cy'umurimbuzi. Abaca mu isezerano azabayobesha kubashyeshyenga, ariko abantu bazi Imana yabo bazakomera bakore iby'ubutwari.
Kandi abanyabwenge bo mu bantu bazigisha benshi, ariko hazaba igihe kirekire bicwe n'inkota n'umuriro, bajyanwe ari imbohe.
Nibagwa muri ibyo byago bazabona gufashwa buhoro, ariko benshi bazifatanya na bo babariganya.
Kandi bamwe muri abo banyabwenge bazicwa kugira ngo bacishwe mu ruganda batunganywe, bere kugeza igihe cy'imperuka kuko izaba igitegereje igihe cyategetswe."
[Daniyeli :11:31-35]
2
views
ABAKOBWA ICUMI MU BIHE BIHERUKA {URIHO Samuel}
Isi yose itegerezanyije amatsiko cyane irangira ry’intambara ikomeye iri hagati y’ikiza n’ikibi ubwoko bw’Imana busatiriye ingabano z’isi ihoraro. Ubu butumwa bwatangiriye igihe nkuko byahanuwe, bugiye kurangira . Imana izarangirisha uwo murimo wowe nanjye niba tubishaka cyangwa se abandi niba tutabishaka umwuka wera atangirwa gukora umurimo si umurimo twihitiyemo ubwacu ahubwo ni ugukora umurimo Imana yaduhamagariye ntidushobora gukoresha mwuka wera ahubwo ni mwuka wera udukoresha Imana ikoresha mwuka wera mu bwoko bwayo gushaka no gukora ibyiza ishaka. Umwiteguro w’imvura y’itumba p 9
Maraya umurozikazi w'umusinzi.!by NYIRINKINDI M.Aimable
BYAHISHUWE 17
“1.Haza umwe wo muri ba bamarayika barindwi bari bafite za
nzabya ndwi arambwira ati ‘Ngwino nkwereke iteka maraya
ukomeye azacirwaho, yicara ku mazi menshi. 2.Ni we Abami bo mu
isi basambanaga na we, abari mu isi bagasinda inzoga ari zo
busambanyi bwe.’ 3.Anjyana mu butayu ndi mu Mwuka, mbona
umugore yicaye ku nyamaswa itukura yuzuye amazina yo gutuka
Imana, ifite imitwe irindwi n’amahembe cumi. 4.Uwo mugore yari
yambaye umwenda w’umuhengeri n’uw’umuhemba. Yari
arimbishijwe n’izahabu n’amabuye y’igiciro cyinshi n’imaragarita,
mu ntoki ze yari afite igikombe cy’izahabu cyuzuye ibizira
n’imyanda y’ubusambanyi bwe. 5.Mu ruhanga rwe afite izina
ry’amayoberane ryanditswe ngo BABULONI IKOMEYE, NYINA
W’ABAMARAYA, KANDI NYINA W’IBIZIRA BYO MU ISI. 6.Mbona
ko uwo mugore asinze amaraso y’abera n’amaraso y’abahowe Yesu.
Mubonye ndatangara cyane. 7.Marayika arambaza ati ni iki
kigutangaje? Reka nkumenere ibanga ry’uriya mugore
n’iry’inyamaswa imuhetse, ifite imitwe irindwi n’amahembe cumi.
8.Iyo nyamaswa ubonye yahozeho nyamara ntikiriho, kandi igiye
kuzamuka ive ikuzimu ijye kurimbuka. Abari mu isi amazina yabo
atanditswe mu gitabo cy’ubugingo, bazatangara babonye iyo
nyamaswa yahozeho ikaba itakiriho, kandi ikazongera kubaho.
9.Aha ni ho hakwiriye ubwenge n’ubuhanga. Iyo mitwe irindwi ni yo
misozi irindwi uwo mugore yicaraho. 10.Kandi ni yo bami barindwi:
abatanu baraguye, umwe ariho undi ntaraza, kandi naza azaba
akwiriye kumara igihe gito. 11.Ya nyamaswa yariho ikaba itakiriho,
iyo ubwayo ni uwa munani, nyamara kandi ni umwe muri ba bandi
barindwi kandi arajya kurimbuka.” Ibyahishuwe 17:1-11
13
views